Gusuzuma itsinda Sosiyete, sosiyete zitwara abagenzi n’indi miryango

Incamake

Itsinda ry’abasaba bo mu Rwanda rigizwe n'abantu 10 cyangwa abantu batemberera muri Amerika bashobora gusaba gahunda banyuze ku buryo bwo gusaba viza y'abatari abimukira. Injira hano.

Amatsinda y’abasaba viza barenze umubare w’abantu 10 bashobora kwemererwa kwinjira kuri munononsozi y’itsinda yihariye. Uhagarariye itsinda (umuyobozi w'itsinda, ushinzwe iby’ingendo, umukoresha, cyangwa ikindi kigo) akenera gufungura konti mu rwego rwo kubasha kwiyandikisha kuri serivisi y’itsinda. Niba waramaze gufungura konti, injirira hano.

Umaze kwinjira, kanda ku ihuza ry’Amasosiyete, Ibigo bitwara abantu n’indi miryango kugira ngo ukomeze.

Niba wahawe uburenganzira bw' “Usuzuma itsinda” kandi binasaba ubufasha ku bibazo bya tekiniki by'urubuga, kwishyura amafaranga ya MRV cyangwa amakuru yo kwinjira yawe (imeyiri n'ijambobanga) ohereza imeyiri kuri: Group_Processing@visaops.net.